AKARERE KA RUSIZI KATEGUYE ISIGANWA RY’AMAGARE RYO KWIBUKA RYISWE RACE TO REMEMBER

Mu rwego rwo gukomeza kwibuka ku ncuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi no gukomeza guteza imbere ubumwe n’ubudaheranwa mu banyarwanda; Akarere ka…
Read more →

Bweyeye abaturage bishimiye Ubuyobozi bwabibutse bubakura mu bwigunge

kimwe n'ahandi hose mu gihugu abaturage b'umurenge wa Bweyeye nyuma yo kugezwaho ibikorwa remezo Umuriro w'amashanyarazi barishimira ko  ubuyobozi…
Read more →

Rusizi, Imitima y’abarokotse jenoside yaruhutse

Gusubiza abazize jenoside icyubahiro n’ukucyisubiza ubwacu kuko tutabonye igihe cyo kibaha no kubaherekeza?. Aya n’amagambo yavuzwe na Guverineri…
Read more →

RUSIZI,ITERAMBERE RY’UMUJYI RYITAWEHO

Umujyi wa Rusizi n’umwe mu mijyi itandatu yungirije umujyi wa Kigali  ukaba ugenda itera imbere ugana icyerekezo cy’igihugu ariko usanga hakiri…
Read more →

ABAHINZI B’UMUCERI BARISHIMIRA IBYO BAGEZEHO

                   Kwishyira hamwe haherewe ku bakora imirimo imwe n’inzira iganisha kw’iterambere ry’abagize iryo huriro kandi ikaba n’inzira…
Read more →

ABATURAGE BARISHIMIRA UBUFATANYE N’INGABO Z’IGIHUGU.

Ingabo z’igihugu zigira uruhare runini mu bikorwa bitandukanye aho zifatanya n’abaturage mu bikorwa bigamije  iterambere rirambye ryabo.…
Read more →

UBUCURUZI BWAMBUKIRANYA IMIPAKA BURAHABWA ICYEREKEZO.

Ubuhahirane n’ibindi bihugu cyane ibihugu by’ibituranyi n’urwego leta y’urwanda ishyiramo imbaraga muri gahunda yogutuma abaturage biteza imbere…
Read more →

RUSIZI,HASOJWE ICYUMWERU CY’ICYUNAMO HIBUKWA KU NCURO YA 23 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI.

“Turashima Imana ko yaduhishe mu bubusa tugashobora kurokoka”.  Aya n’amagambo umwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yavuze…
Read more →

RUSIZI, HATANGIJWE ICYUMWERU CYO KWIBUKA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI

Mu mibereho ya muntu, buri muryango ugira igihe cyo gutekereza no  kuzirikana ku buryo bwihariye abawugize bawuvuyemo mu bihe binyuranye. Umuryango…
Read more →

Abasenyewe n’intambi z’uruganda rwa Cimerwa batangiye kubakirwa.

Imiryango 18 yo mu Murenge wa Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, igiye kubakirwa inzu zigezweho mu mudugudu w’icyitegererezo  wa Kibangira mu murenge wa…
Read more →