AKARERE KA RUSIZI KATEGUYE ISIGANWA RY’AMAGARE RYO KWIBUKA RYISWE RACE TO REMEMBER

Mu rwego rwo gukomeza kwibuka ku ncuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi no gukomeza guteza imbere ubumwe n’ubudaheranwa mu banyarwanda; Akarere ka…
Read more →

RUSIZI,ABATURAGE BASAGA 5000 BO MURENGE GITAMBI BEGEREJWE AMAZI MEZA

Abaturage basaga ibihumbi bitanu bo mu murenge wa Gitambi barishimira amazi meza begerejwe n’ingabo z’igihugu za Batayo ya 408 ikorera mu turere twa…
Read more →

Abaturage b’umurenge wa Bweyeye barishimira iterambere bagezeho

Turashimira leta y’uRwanda itarahwemye gukora ibishoboka ubu Bweyeye ikaba nayo yaravuye mu icuraburindi. Aya n’amagambo y’ibishimo yavuzwe…
Read more →

RUSIZI, BIYEMEJE KUGARAGAZA IMPINDUKA.

Ku wa 10 Ugushyingo mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Rusizi hateranye inama mpuzabikorwa. Iyi n’inama iteganywa n’amategeko ikaba yitabiriwe…
Read more →

Imiryango yasenyerwaga na Cimerwa yatujwe ahatunganye.

Leta y’URwanda buri gihe ihora ishaka uko umuturage w’umunyarwanda yagira imibereho myiza mu ngeri zose z’ubuzima.  Ibi byagaragaye ku wa gatatu…
Read more →

RUSIZI, ABAGEZE MU ZABUKURU BARASHIMA UKO LETA IBITAHO

Murareba uko meze nkeye ariko nari  umuntu uri hasi cyane, rwose ndashima leta nziza iyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika. Aya n’amagambo…
Read more →

Rusizi, Abarimu ntibazatezuka guharanira ireme ry’uburezi.

Uruhare n’ishema bya mwarimu bigaragarira mu bo yareze n’ubumenyi bufite ireme.   Aya n’amagambo yagarutsweho ku wa 05 Ukwakira 2017 ubwo hizihizwaga…
Read more →

RUSIZI, Biyemeje kongera imbaraga mu mikorere.

Guharanira imibereho myiza y’umuturage ndetse no kumuteza imbere  bigomba kuba intego ya buri wese. Ibi byagarutsweho mu nama yo ku wa 03…
Read more →

Rusizi, ibigo by’amashuri mu micungire inoze.

Kunoza imicungire y’umutungo ndetse no kwita ku burezi buhabwa abana n’inkingi ikomeye mu kurushaho kuzamura isura y’urwego rw’uburezi. Ibi…
Read more →

Rusizi,Abamotari n’abatwara tagisi bahuguwe.

URwanda n’igihugu gihora gishishikajwe n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’abagituye b’ingeri zose. Ibi rero bituma hakoreshwa imbaraga zihagije mu…
Read more →