AKARERE KA RUSIZI KATEGUYE ISIGANWA RY’AMAGARE RYO KWIBUKA RYISWE RACE TO REMEMBER

Mu rwego rwo gukomeza kwibuka ku ncuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi no gukomeza guteza imbere ubumwe n’ubudaheranwa mu banyarwanda; Akarere ka…
Read more →

RUSIZI,ABADEPITE BARASHIMA UKO IMISHINGA Y’ITERAMBERE YIHUTISHWA

Itsinda ry’Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite  kuva ku  wa mbere tariki ya 15 Mutarama 2017 riri mu ruzinduko rw’akazi mu…
Read more →

RUSIZI IMIHANDA IRAHINDURA ISURA Y’UMUJYI

Muri gahunda yo kugira ibikorwa remezo bishyira umujyi wa Rusizi mu rwego rw’imijyi yunganira umujyi wa Kigali, Akarere ka Rusizi ku nkunga ya Banki…
Read more →

RUSIZI,IMWE MU MIRYANGO YAHUYE N’IBIZA YAGOBOTSWE.

Akarere ka Rusizi gafite imirenge imwe n’imwe ikunze kurangwamo Ibiza bitewe n’aho iherereye ndetse n’ibihe by’imvura. Umurenge wa Bugarama n’umwe…
Read more →

RUSIZI,ABATURAGE BISHIMIYE ICYUMWERU CY’UBUTAKA.

Muri gahunda yo kwita ku baturage no kubaha service inoze kandi yihuse Akarere ka  Rusizi ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’ubutaka kateguye…
Read more →

RUSIZI,IMURIKAGURISHA N’IMURIKABIKORWA RYAHURUJE IMBAGA

Leta y’uRwanda yashyize imbere imikorere irangwa n’umucyo aho abayobozi n’abandi bose bamurikira abaturage ibibakorerwa hagamije kwimakaza imiyoborere…
Read more →

ABAFITE UBUMUGA MU RUGAMBA RW’ITERAMBERE

Muri gahunda y’imibereho myiza n’iterambere leta y’uRwanda ihora iteka itekereza ku byiciro byihariye by’abanyarwanda hagamijwe kubaka ubushobozi…
Read more →

RUSIZI MU BUKANGURAMBA KU KWIRINDA MALARIYA

Muri gahunda y’imibereho myiza y’abaturage no kubatoza kuyiharanira, kuva ku wa 28 Ugushyingo kugera ku wa 01 Ukuboza 2017 mu karere ka Rusizi…
Read more →

RUSIZI,INKUNGA Y’INGOBOKA YABAFASHIJE GUTEGANYIRIZA AHAZAZA.

Leta y’u Rwanda ishishikazwa n’imibereho myiza y’abaturage hitabwa ku byiciro binyuranye. Abo batishoboye bahabwa inkunga y’ingoboka ibafasha kubaho.…
Read more →

RUSIZI, UMUGANDA URAKEMURA BYINSHI.

U Rwanda n’igihugu gishashaka uko cyakwikemurira ibibazo gihereye ku bisubizo  bishingiye ku muco.  Muri ibyo bisubizo harimo n’umuganda ukemura…
Read more →